AKARERE KA NYARUGURU
MUNINI: HIBUTSWE ABARI ABAKOZI B'IBITARO BYA MUNINI BAZIZE JENOSIDE YAKOREWE ABATUTSI
Mu Mudugudu w’Akarehe, Akagari ka Ngarurira, Umurenge wa Munini, habereye igikorwa cyo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu…
URUBYIRUKO RWA GSMARI MERCI KIBEHO RWASABWE KUBA UMUSEMBURO W’UBUMWE NO KUNYOMOZA ABAPFOBYA JENOSIDE
Ku wa kane tariki ya 07 Gicurasi 2026, abanyeshuri, abarimu, n’ababyeyi barerera muri GS Mari Merci Kibeho bifatanyije n’ubuyobozi bw’Akarere ka…
MATA: HIBUTSWE ABAGERA KURI 368 BAZIZE JENOSIDE YAKOREWE ABATUTSI
Hon Senateri Fulgence Nsengiyumva ari kumwe na Komite Nyobozi y’Akarere, Umuyobozi w’ingabo Brig Gen. J. Majyambere, Perezida wa IBUKA ku rwego…
MUGANZA:HIBUTSWE ABAGERA KU 4900 BAZIZE JENOSIDE YAKOREWE ABATUTSI
Kuwa 12/04/2026 Ubwo yifatanyaga n’abaturage mu kwibuka ku nshuro ya 32 abagera 4900 bazize Jenoside yakorewe Abatutsi, Minisitiri muri Ministeri…
ABATURAGE BARASABWA KWIRINDA INGENGABITEKEREZO YA JENOSIDE
Abaturage batangiye icyumweru cyo kwibuka ku nshuro ya 32Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda basabwa , gukomeza kwimakaza ubumwe n’ubudaheranwa ,…
ABANYESHURI BA SENIOR COMMAND AND STAFF COLLEGE BASHIMYE IBIKORWA BY’UMUTEKANO NO KURENGERA IBIDUKIKIJE.
Ku wa 01/04/2026, Umuyobozi w’Akarere ka Nyaruguru Dr. Murwanashyaka Emmanuel afatanyije na Visi Meya Ushinzwe Imibereho Myiza Byukusenge Assumpta…
HATANGIJWE IBIKORWA BY'AMAJYAMBERE INZEGO Z'UMUTEKANO ZIHURIRAHO N'ABATURAGE
Umuyobozi w'akarere ka Nyaruguru Dr. murwanashyaka Emmanuel ari kumwe umuyobozi wa Brigade ya 408 Lt. Col. A. Mugabo, Umuyobizi wa Polisi mu…
KOPERATIVE 5 Z'UBUHINZI ZAHAWE MOTO ZASABWE KUZIBYAZA UMUSARURO
NYARUGURU – Kuri uyu wa Kane, mu Karere ka Nyaruguru habaye umuhango wo gushyikiriza amapikipiki mashya yo mu bwoko bwa Lifan amakoperative atanu…
INAMA NJYANAMA Y’AKARERE YASABYE KONGERA IMBARAGA MU KUZAMURA IREME RY’UBUREZI
Mu nama yaguye y’uburezi yo kuwa , Abajyanama mun nama njyanama y’Akarere bagize komisiyo y’iterambere ry’imibereho myiza basabye abafite aho bahurira…
URUZINDUKO RW’AKARERE KA KIREHE MURI IDPMV MUNINI MU KARERE KA NYARUGURU.
Akarere ka Kirehe kagiriye urugendo shuri muri IDPMV Munini iri mu Karere ka Nyaruguru, rugamije kungurana ubumenyi n’ubunararibonye mu bijyanye no…