Skip to main content Skip to page footer
Urubuga rwemewe rwa Leta y’u Rwanda

HATANGIYE GUKUSANWA IBITEKEREZO BY'ABATURAGE BIZIFASHISHWA MU IGENAMIGAMBI RYA 2026/2027

 

 Mu rwego rwo kwimakaza  imiyoborere ishingiye ku muturage, mu midugudu itandukanye Akarere ka Nyaruguru  hatangiye  igikorwa cyo gukusanya ibitekerezo by'abaturage   bizashingirwaho  mu igenamigambi rya 2026/2027 ndetse no kubagaragariza ibikorwa byabonye ingengo y'imari biri gushyirwa mu bikorwa muri uyu  mwaka wa 2025/2026.

Umuyobozi w'Akarere bwana Dr Murwanashyaka Emmanuel arikumwe n' umuyobozi w'urwego rw' iperereza n'umutekano mu karere ka NyaruguruUmuyobozi w'ishami ry' igenamigambi aho baje mu nteko y'abaturage mu kwezi kwahariwekumva ibitekerezo by' abaturage bizashyirwa mu igenamigambi.