Skip to main content Skip to page footer
Urubuga rwemewe rwa Leta y’u Rwanda

BIFUZA KWEGEREZWA SERIVISI ZO GUPIMA IBIMENYETSO Z'UBUIMENYI N'UBUHANGA BIKORESHWA MU BUTABERA

Abayobozi b o mu nzego z'ibanze bifuza  ko bakwegerezwa  Ikigo cyo gupima ibimenyetso   by'ubumenyi n'ubuhanga byifashishwa mu  butabera

RFI Ikigo cy"Igihugu cy'ibimenyetso bishingiye ku bumenyi n'ubuhanga bikoreshwa mu butabera.


RFI itanga serivisi zirimo gupima uturemangingo ndangasano, gupima uburozi n’ingano ya Alukoro mu maraso, gupima ibiyobyabwenge n’ibinyabutabire, gupima inyandiko zigibwaho impaka n’ibikumwe.

Hari kandi gusuzuma ibimenyetso bishingiye ku ikoranabuhanga, gusuzuma inkomere n’imibiri y’abitabye Imana, gusuzuma ibyahumanijwe na mikorobe ndetse no gupima ibimenyetso by’imbunda n’amasasu.
Kuva mu mwaka wa 2018 iki kigo gitangiye Kimaze kwakira case ibihumbi 96000.

RFI ivuga ko kandi umwaka ushize wa 2024,yakiriye abanyamahanga baturuka mu bihugu 49, baje mu Rwanda gupimisha ibimenyetso by'ubuhanga byifashishwa mu butabera.

Ibihugu 12 by'amahanga bimaze kuyisaba gufungurayo amashami
RFI ivuga ko muturere 8 aritwo nyagatare, Kirehe, Rwamagana, Huye rusizi Rubavu na Musanze 
Izafungurayo amashami rusizi byumwihariko akaba hazafungurwa amashami 2