Skip to main content Skip to page footer
Urubuga rwemewe rwa Leta y’u Rwanda

ABATURAGE BARASABWA GUTEGURA NEZA IGIHEMBWE CYO GUTERA IBITI

 UbWO yifatanyaga n'abaturage mu muganda rusange usoza ukwezi kwa NZeri 2025, abaturage basabwe gushyira imbaraga  mu  gutegura igihembwe cyo gutera ibiti hagamijwe gukomeza kubungabunga ibidukikije.

Ibi byatangajwe kuwa 27 Nzeri 2025 ubwo umuyobozi w'Akarere ka Nyaruguru Dr. Murwanashyaka Emmanuel yifatanyaga n'abaturage b'umurenge wa Ngera haterwa ibiti n detse hacukurwa n'imirwanyasuri.